English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

 Zayn Malik wahoze aririmba  muri One Direction ari murukundo na Selena Gomez

Aba bahanzi bombi bakunzwe cyane mu njyana ya Pop ndetse bari no mukijyero cy’imyaka imwe bakomeje kugaragaza ikibatsi cy’urukundo hagati yabo .

Uyu Zayn w’imyaka 30 , yahoze ari umukunzi wa Gigi Hadid banafitanye umwana , yagaragaye yasohokanye na Gomez muri Resitora bigaragara ko harimo umubano wihariye hagati yaba bombi.

Kwi kubitiro ry’ububushuti bwa bo bwatangiye muri 2012,  bahujwe n’ inshuti magara ya Selena,Taylor Swift yakundanaga na mugenzi wa Zayn mu itsinda rya One Direction, Harry Styles.

Gomez na Malik ngo bari bameze neza umunsi basohokana muri resitora imwe muri New York muri iki cyumweru.

 Selena Gomez mbere yakanyujijeho mu by’urukundo cyane  na Justin Bieber mu gihe Zayn yakundanye igihe kinini n’umunyamideli Gigi Hadid.

 

 

Yanditswe na Murwanashyaka Sam



Izindi nkuru wasoma

U Rwanda rusaba RDC gushyigikira inzira z’amahoro muri Congo. Ibyo Amb. Ernest yeretse Loni.

Icyakurikiyeho nyuma yuko umugore atawe muri yombi azira gukata igitsina cy’umugabo we.

Mbappé yatsinze hat-trick, Real Madrid isezerera Manchester City muri Champions League.

RDC: Abasirikare n’Abasivili basaga 500 barekuwe muri gereza ya Mulunge mu gihe M23 isatira Uvira.

Minisitiri Mugenzi yibukije ababyeyi uruhare rwabo mu gutahura abana babo bari muri Congo.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-03-28 13:56:02 CAT
Yasuwe: 410


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/-Zayn-Malik-wahoze-aririmba--muri-One-Direction-ari-murukundo-na-Selena-Gomez.php