English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

 Umuraperi  Kendrick Lamar ya kukumbye ibihembo byinshi muri Grammy Awards 2025.

Umuraperi w’Umunyamerika Kendrick Lamar wakurikiwe n’ibihe byiza nyuma yo kuva i Kigali mu 2023, ni we wegukanye ibihembo byinshi muri Grammy Awards 2025.

Uyu muraperi yari ahatanye mu byiciro birindwi by’ibi bihembo, yegukana bitanu muri byo abikesha indirimbo ‘Not Like Us’ yakoze mu 2024 yibasira mugezi we Drake.

Ibihembo yatwaye ni:

·         SONG OF THE YEAR

·         RECORD OF THE YEAR

·         BEST RAP SONG

·         BEST RAP PERFORMANCE

·         BEST MUSIC VIDEO

Nyuma yo kwegukana ibi bihembo Kendrick Lamar yahise agwiza ibihembo 22 bya Grammys amaze kweguka mu rugendo rwe rwa muzika.

Kendrick Lamar kandi mu mpera z’iki cyumweru azataramira mu gitaramo cya “Super Bowl Halftime Show” ku wa 09 Gashyantare 2025.



Izindi nkuru wasoma

Abofisiye bato 1029 bahawe amapeti, Brian Kagame n'umwe muri bo”

Ingabo z’u Rwanda muri MINUSCA zohereje impano y’ubumenyi ku banyeshuri ba Lycée Buganda

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREREYE CYUVE MURI MUSANZE

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'IMITUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE BUGESHI MURI RUBAVU

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'IMITUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE BUGESHI MURI RUBAVU



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-03 20:40:12 CAT
Yasuwe: 610


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/-Umuraperi--Kendrick-Lamar-ya-kukumbye-ibihembo-byinshi-muri-Grammy-Awards-2025.php