English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Guverinoma y'u Rwanda yihanganishije ababuriye ababo mu mpanuka yahitanye abantu 20.

Guverinoma y'u Rwanda yihanganishije ababuriye ababo mu mpanuka y'imodoka yahitanye abantu 20 abandi bagakomereka.

Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa Kabiri, ni iya bisi yari itwaye abagenzi 52 mu muhanda Kigali-Rubavu, aho yageze mu Murenge wa Rusiga, Akarere Rulindo, ikamanuka ku musozi.

Itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w'Intebe rivuga ko Guverinoma itanga ubufasha ku miryango y'ababuze ababo n'abakomerekeye muri iyi mpanuka.



Izindi nkuru wasoma

Byagenze bite ngo Polisi y’u Rwanda ifate umusore wari uri gutekera kanyanga iwe.

Leta y'u Rwanda yatangaje impamvu yashyizeho impinduka z'ingenzi mu misoro.

Guverinoma y'u Rwanda yihanganishije ababuriye ababo mu mpanuka yahitanye abantu 20.

Rulindo: Impanuka ya bisi ya sosiyete ya International yahitanye abantu 16.

Iby’ingenzi kuri Politiki y’imisoro ivuguruye mu Rwanda.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-11 23:29:47 CAT
Yasuwe: 18


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Guverinoma-yu-Rwanda-yihanganishije-ababuriye-ababo-mu-mpanuka-yahitanye-abantu-20.php