English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Dr.Bishop Mugiraneza Mugisha Samuel yagejejwe ku rukiko rw'ibanze rwa Muhoza.

Dr. Bishop Mugiraneza Mugisha Samuel, wahoze ari umuyobozi wa Diyosezi ya Shyira mu Itorero rya Angilikani mu Rwanda, yagejejwe ku rukiko rw'ibanze rwa Muhoza, aho aje ku burana ku ifungwa n'ifungurwa ry’agatenyo.

Uru rubanza ruri mu byiciro by’ibyaha ashinjwa byo kunyereza no gukoresha umutungo wa diyosezi mu nyungu ze bwite igihe yari akiri ku buyobozi.

Inkuru ya Dr. Mugisha ikomeje gukurura impaka nyinshi, aho benshi bibaza ku buryo abayobozi b’amatorero bakoresha umutungo w’amatorero mu buryo budakurikije amategeko.

Iki kirego kiratanga isomo ry'ingenzi ku mikorere y’imiryango y’amadini mu gihugu ndetse kikaba cyafasha mu gushyiraho uburyo bwo gukurikirana neza imikoreshereze y’amafaranga mu matorero.



Izindi nkuru wasoma

93.9 SK FM: Menya abanyamakuru b'inararibonye bagaragaye mu kiganiro ‘Urukiko rw'Ikirenga’.

USA: Trump yashyiriyeho ibihano bikarishye urukiko rukomeye ku Isi arushinja ibyaha bikakaye.

Urukiko rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu bujurire Sergeant Minani warashe abantu 5.

Dr.Bishop Mugiraneza Mugisha Samuel yagejejwe ku rukiko rw'ibanze rwa Muhoza.

RIB yatahuye Musenyeri Samuel ukurikiranyweho ibyaha byo kunyereza umutungo wa diyosezi.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-06 10:52:52 CAT
Yasuwe: 73


Comments

By UK.Desire on 2025-02-06 23:29:41
 Nkunda iyo mugeze kunkuru zibyabaye mumadini no munsengero ,uretse se gukoresha nabi umutungo wagenewe umurimo w'Imana nabi ,wagizengo ibyo byo gushyiraho ngo uburyo bwa audit n'igenzura niryo ryabikemura nshuti ? Wapi ! Munzego se zigandukanye zitar



Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/DrBishop-Mugiraneza-Mugisha-Samuel-yagejejwe-ku-rukiko-rwibanze-rwa-Muhoza.php