Rubavu:Hafi y’umupaka w’u Rwanda na DRC humvikanye amasasu yaguyemo umusirikare umwe wa FARDC
Mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Mutarama 2024 hafi y’umupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo humvikanye amasasu menshi yaguye mo umusirikare umwe wa FARDC,babiri barafatwa abandi bahita basubira muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Amakuru avuga ko uwapfuye ndetse n’abatawe muri yombi bari abasirikare bari bavuye muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo bashaka kwinjira mu Rwanda mu masaha ya saa kumi n’imwe za mu gitondo.
Ibyo byabereye mu karere ka Rubavu mu Murenge wa Rubavu.Nta nzego z’ubuyobozi ziragira icyo zitangaza ku byabaye gusa amakuru avuga ko hari bugire igitangazwa mu gihe umuryango (EJVM) uraba umuze kugera aho byabereye ndetse umaze no gukora raporo y’ibyabaye .
Ibi bikomeje kuvugwa mu gihe umutwe wa M23 n’ingabo za FARDC zifatanije n’ingabo za SADC bakomeje imirwano imaze no guhitana bamwe bo mu ngabo za SADC zigizwe ahanini n’ingabo zo muri Afuruka y’Epfo.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show