English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Perezida Biden na Harris, bamaganye igitero Gaza yagabye kuri Iarael.

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika na visi Perezida we Harris bamaganye igitero cyagabwe kuri Israel cyigabwe na Hamas ku ya 7 Ukwakira, bituma bongera gushimangira icyemezo cy’amasezerano yo guhagarika imirwanoku mpande zombi.

Mu magambo ye, Biden yagize ati ‘’Abantu barenga 100 bajyanywe bunyago n'imiryango yabo, ibi ntibikwiye kuba, mugomba guhagarika imirwano mukayoboka inzira y’amahoro.’’

Ati ‘’Nizere ko amateka azibuka kandi ku ya 7 Ukwakira nk'umunsi wijimye ku baturage ba Palesitine kubera amakimbirane Hamas yateje uwo munsi.’’

Hagati aho, Harris yagaragaje ko ubuyobozi bwa Amerika bushyigikiye guhagarika imirwano muri Gaza. Ati “Igihe kirageze kugira ngo amasezerano yo gufata bugwate no guhagarika imirwano ndetse n’imibabaro y'inzirakarengane birangire.’’

Ati ‘’Nzahora mparanira ko abaturage ba Palesitine babasha kubona uburenganzira bwabo bwo kubahwa, umudendezo, umutekano, no kwishyira ukizana. ”

Harris yagaragaje ko ubuyobozi bwa Amerika bushyigikiye guhagarika imirwano muri Gaza.

Donatien Nsengimana.



Izindi nkuru wasoma

ITANGAZO RYA CYA,UNARA Y'UMUTUNGO WAGURA KURI MAKE UHEREREYE KABAYA

Isabukuru nziza y’amavuko kuri Perezida Paul Kagame wujuje imyaka 67 y’ubukure.

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’intebe Afioga Fiamē Naomi Mata’afa wa Samoa

Menya imibare mishya igaragaza uko virusi ya Marburg ihagaze mu Rwanda.

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE NGORORERO WAGURA KURI MAKE.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-07 15:15:16 CAT
Yasuwe: 41


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Perezida-Biden-na-Harris-bamaganye-igitero-Gaza-yagabye-kuri-Iarael.php