English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

NEC yashize hanze iby'agateganyo byavuze mu matora y'Abadepite 

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Nyakanga, Komisiyo y'igihugu y'amatora NEC yatangaje imibare  y’agateganyo yavuye mu matora y'Abadipite yabaye ku wa 14-15 Nyakanga 2024.

Imibare yagaragaje ko Umuryango wa FPR Inkotanyi n’imitwe ya politike bifatanyije yagize amajwi 68.83%.

PL yagize 8.66%, PSD igira 8.62%, PDI igira  4.61%, DGPR-Green Party-Rwanda  ryagize 4.56% na ho PS Imberakuri ifite 4.51%.

Nsengiyumva Janvier wiyamamaje nk’umukandida wigenga yagize 0.21%.



Izindi nkuru wasoma

Fave mu myiteguro yo gushyira hanze album iriho Burna Boy

Kabila yahuye na AFC/M23 i Goma, ashyira hanze umugambi we: Ese yagarutse nka 'Messiah'?

Hagiye hanze amakuru y’ibigiye gukurikira nyuma yuko Kabila ageze i Goma

Kwigira kw’Afurika si inzozi: Perezida Kagame yihanangirije abategereza imirabyo iva hanze

Yasabye kujyanwa Iwawa ngo areke ‘kubabarira hanze’-Uko Polisi yamusubije byabaye isomo kuri ben



Author: Elysee Niyonsenga Published: 2024-07-18 14:33:40 CAT
Yasuwe: 307


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/NEC-yashize-hanze-ibyagateganyo-byavuze-mu-matora-yAbadepite-.php