English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Menya uko ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peteroli bihagaze ku isoko ry’u Rwanda.

Urwego rw’Igihugu Rushizwe Kugenzura Imikorere y’Inzego Zimwe z’Imirimo Ifitiye Igihugu Akamaro (RURA), ruramenyesha abaturarwanda bose ko  mu gihe cy’amazi abiri ari imbere, uhereye none ku wa 8 Ukwakira 2024 saa moya za nimugoroba ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli  bivuguruwe mu buryo  bukurikira:

-          Igiciro cya lisansi ntikigomba kurenga Amafaranga y’u Rwanda 1,574 kuri Litiro.

-          Igiciro cya Mazutu ntigomba kurenga Amafaranga y’u Rwanda 1,576 kuri Litiro.

Iri gabanuka ry’ibiciro rishingiye ahanini ku ihindagurika ry’ibiciro  by’ibikomoka kuri  peteroli riri kugaragara ku isoko mpuzamahanga.

 

Nsengimana Donatien.



Izindi nkuru wasoma

ITANGAZO RYA CYA,UNARA Y'UMUTUNGO WAGURA KURI MAKE UHEREREYE KABAYA

Isabukuru nziza y’amavuko kuri Perezida Paul Kagame wujuje imyaka 67 y’ubukure.

Menya imibare mishya igaragaza uko virusi ya Marburg ihagaze mu Rwanda.

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE NGORORERO WAGURA KURI MAKE.

Ishusho igaragaza uko imibare y’indwara ya Marburg ihagaze mu Rwanda.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-08 10:47:55 CAT
Yasuwe: 49


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Menya-uko-ibiciro-bishya-byibikomoka-kuri-peteroli-bihagaze-ku-isoko-ryu-Rwanda.php