English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Menya amakuru mashya avugwa kuri Fatakumavuta  wamaze kugeza ubujurire bwe mu rukiko.

Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta yajuririye icyemezo aheruka gufatirwa n’Urukiko cyo gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Ku wa 06 Ugushyingo 2024, nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Fatakumavuta afungwa iminsi 30 kuko ibyo akurikiranyweho bihanishwa igifungo kirenze imyaka ibiri.

Gugeza  ubu umunyamakuyru Fatakumavuta yatanze ubujurire bwe akaba ategereje guhabwa itariki yo kujurira icyemezo cy’Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro.

Fatakumavuta akurikiranweho ibyaha Bitandatu yakoreye ku mbuga nkoranyambaga, ndetse n’ikindi cyaha cyo kunywa ikiyobyabwenge cy’urumogi.



Izindi nkuru wasoma

Sinigeze nsaba Imana kuba umuhanzi - Chryso ugiye kongera gutaramira imbaga kuri Pasika

Mu gihe hadakurikijwe itegeko ntago twiteguye gukinira Igikombe cy’Amahoro – Rayon Sports

Sinigeze nkundana na Harmonize!-Laika Music ashyize ukuri ahabona ku mafoto yavugishije benshi

Ibyaranze Taliki ya 10 Mata 1994: Umunsi w’amaraso mu rugendo rwo kurimbura Abatutsi

RIB yihanangirije abakoresha imbuga nkoranyambaga ku mvugo zigoreka ukuri kuri Jenoside



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-11-17 13:55:44 CAT
Yasuwe: 249


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Menya-amakuru-mashya-avugwa-kuri-Fatakumavuta--wamaze-kugeza-ubujurire-bwe-mu-rukiko.php