English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Menya amakuru mashya avugwa kuri Fatakumavuta  wamaze kugeza ubujurire bwe mu rukiko.

Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta yajuririye icyemezo aheruka gufatirwa n’Urukiko cyo gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Ku wa 06 Ugushyingo 2024, nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Fatakumavuta afungwa iminsi 30 kuko ibyo akurikiranyweho bihanishwa igifungo kirenze imyaka ibiri.

Gugeza  ubu umunyamakuyru Fatakumavuta yatanze ubujurire bwe akaba ategereje guhabwa itariki yo kujurira icyemezo cy’Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro.

Fatakumavuta akurikiranweho ibyaha Bitandatu yakoreye ku mbuga nkoranyambaga, ndetse n’ikindi cyaha cyo kunywa ikiyobyabwenge cy’urumogi.



Izindi nkuru wasoma

Uko hamenyekanye amakuru yatumye hatahurwa ukekwaho kwica umugore we akoresheje isuka.

Icyakurikiyeho nyuma yuko umugore atawe muri yombi azira gukata igitsina cy’umugabo we.

Drones za FARDC zaroshye ibisasu kuri Twirwaneho: Ese Col Makanika yaba yasimbutse uru rupfu?

Tour du Rwanda 2025: Urutonde rw’abakinnyi n’amakipe azayitabira rwamaze gutangazwa.

Huye: Umunyeshuri ushinjwa gusambanya mugenzi we aratabaza asaba gukurikiranwa adafunzwe.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-11-17 13:55:44 CAT
Yasuwe: 157


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Menya-amakuru-mashya-avugwa-kuri-Fatakumavuta--wamaze-kugeza-ubujurire-bwe-mu-rukiko.php