English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Menya amakuru mashya avugwa kuri Fatakumavuta  wamaze kugeza ubujurire bwe mu rukiko.

Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta yajuririye icyemezo aheruka gufatirwa n’Urukiko cyo gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Ku wa 06 Ugushyingo 2024, nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Fatakumavuta afungwa iminsi 30 kuko ibyo akurikiranyweho bihanishwa igifungo kirenze imyaka ibiri.

Gugeza  ubu umunyamakuyru Fatakumavuta yatanze ubujurire bwe akaba ategereje guhabwa itariki yo kujurira icyemezo cy’Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro.

Fatakumavuta akurikiranweho ibyaha Bitandatu yakoreye ku mbuga nkoranyambaga, ndetse n’ikindi cyaha cyo kunywa ikiyobyabwenge cy’urumogi.



Izindi nkuru wasoma

Nyaruguru: Abayobozi babiri b’Akarere batawe muri yombi, Menya impamvu

Sobanukirwa ibigwi n’amateka by’umunyamakuru Jean Lambert Gatare witabye Imana

Kenya: Umunyamakuru yasazwe mu rugo yapfuye

Abayobozi b’Ingabo za UPDF na RDF bahuriye muri Uganda, Menya ibyaganiriweho

Muhazi FC yafatiye ibihano bishariririye umutoza wungirije "Migi", Menya impamvu



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-11-17 13:55:44 CAT
Yasuwe: 209


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Menya-amakuru-mashya-avugwa-kuri-Fatakumavuta--wamaze-kugeza-ubujurire-bwe-mu-rukiko.php