English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Menya amakuru mashya avugwa kuri Fatakumavuta  wamaze kugeza ubujurire bwe mu rukiko.

Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta yajuririye icyemezo aheruka gufatirwa n’Urukiko cyo gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Ku wa 06 Ugushyingo 2024, nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Fatakumavuta afungwa iminsi 30 kuko ibyo akurikiranyweho bihanishwa igifungo kirenze imyaka ibiri.

Gugeza  ubu umunyamakuyru Fatakumavuta yatanze ubujurire bwe akaba ategereje guhabwa itariki yo kujurira icyemezo cy’Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro.

Fatakumavuta akurikiranweho ibyaha Bitandatu yakoreye ku mbuga nkoranyambaga, ndetse n’ikindi cyaha cyo kunywa ikiyobyabwenge cy’urumogi.



Izindi nkuru wasoma

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UHEREREYE RUHANGO WAGURA KURI MAKE

Inkuru iteye ubwoba!: Uko umugabo yacaniriye umuhoro kugeza utukuye maze agashiririza umwana we

Impamvu y’ukuri itangaje yatumye Victoire afatwa n’ubushinjacyaha nyuma y’imyaka 7 arekuwe

Ntabwo ashoboye! Bumwe mu busesenguzi bw’abanyamakuru ba Siporo ku mutoza wa APR FC

Izajya ihabwa n’abakivuka:Iby’ingenzi wamenya ku irangamuntu nshya igiye kujya itangwa mu Rwanda



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-11-17 13:55:44 CAT
Yasuwe: 336


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Menya-amakuru-mashya-avugwa-kuri-Fatakumavuta--wamaze-kugeza-ubujurire-bwe-mu-rukiko.php