English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

M23 ikomeje kwakira abandi bafatanyabikorwa baza biyomoye kuri Leta ya Kinshasa

M23 ikomeje kwakira abandi bafatanyabikorwa  baza bashaka gufatanya n'ihuriro AFC ribarizwamo umutwe wa M23 usanzwe uhanganye na Leta ya Kinshasa, ni nyuma yuko hashize iminsi bivugwako hari n'abandi bantu bavuye ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa bakereza  muri M23.

Umunyapolitike Gerurchom Kahebe nawe numwe mubiyongereye mu bandi bagiye kwifatanya na M23 ibyo bikaba byagaragaye muri Videwo   yagiye  ahagaragara ku wa gatandatu tariki ya 20 Mata 2024.

Uwahoze ari umukandida ku mwanya wa depite ku rwego rwa Leta ibi yabyise guhemukira amategeko shingiro ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyuma yo gutsindwa kw'amatora mu Kuboza umwaka ushize

Muri iyo Videwo  yagaragaye isubiza bimwe mu bibazo bya Lt Col Willy Ngoma umuvugizi w'inyeshyamba za M23.



Izindi nkuru wasoma

Inyubako ya Nyakwigendera Rwigara ikomeje guteza impagarara mu rukiko

DRC:Ubutasi bwa gisirikare butumye Kenya Airways ihagarika ingendo yagiriraga i Kinshasa

DRC:Imfu z'abana bakora ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro zikomeje kwiyongera

Leta ya Congo n'uruganda rwa Apple umuriro watse amabuye y'agaciro ateje ibibazo

Abacamaza,abashinjacyaha,abanditsi ,abashinzwe iperereza mu nkiko za gisirikare bari guhabwa amahugu



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-04-21 11:24:15 CAT
Yasuwe: 24


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/M23-ikomeje-kwakira-abandi-bafatanyabikorwa-baza-biyomoye-kuri-Leta-ya-Kinshasa.php