English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Uko Umubiligi ufite inkomoko mu Rwanda yagaragaye kuri filime yitwa’Smurfs’

Umubiligi ufite inkomoko mu Rwanda no muri Congo, Lous and The Yakuza yakoze indirimbo yitwa’To Me’izifashishwa kuri filime ‘SMURFS’. Abanda bahanzi bazwi bayigizeho uruhare barimo;Rihanna,Tyla, Shensea, DJ Khaled, Natania, Card B n’abandi.

Indirimbo zizakoreshwa kuri iyi filime zakorewe muri Roc Nation Records. Umushinga wa filime ushyirwa mu bikorwa na Paramount Animation, ishami rya Paramount Pictures Corporation. Ku bakunzi ba filime rero iyi bayitegereze ku itariki 13 Kamena 2025.

 

Ku bakunzi ba filime rero iyi bayitegereze ku itariki 13 Kamena 2025.



Izindi nkuru wasoma

Inkuru irambuye: Kera kabaye Adel Amroush utoza Amavubi yahishuye byinshi kuri Sahabo na York

Ibyo umukinnyi w’ikirangirire muri sinema Jack Chan yahishuye kuri AI yaje ashaje

Skales ufite indirimbo yakoreshejwe na Lamine Yamal wa Barcelona yakebuye abahanzi

Uko Umubiligi ufite inkomoko mu Rwanda yagaragaye kuri filime yitwa’Smurfs’

Muhire Kevin yabaye nk’igicuruzwa kiri ku isoko hano mu Rwanda abantu bareba bakiruka



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-04 10:27:21 CAT
Yasuwe: 43


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Uko-Umubiligi-ufite-inkomoko-mu-Rwanda-yagaragaye-kuri-filime-yitwaSmurfs.php