Icyinyamakuru 'Al Jazeera' cyiri mu bihe bitoroshye muri Israel
Minisitiri w'intebe wa Israel Benjamin Nethanyahu yatangajeko agiye guhagarika ikinyamakuru cyo muri Qutar cyitwa Al Jazeera nyuma yuko avuzeko icyo kinyamakuru ari umuyoboro w'iterabwoba.
Abinyujije ku rubuga rwa X yatangajeko mu gihe gito iki kinyamakuru kiraba cyamaze gufata utwangushye kuburyo nta bindi biganiro cyiri bwongere gutambutsa cyikiri ku butaka bwa Israel.
Ati"uwo murongo w'iterabwoba 'Al jazeera' ngiye kuwuhagarika muri Israel niteguye kuwuhagarika biciye mw'itegeko rishya rihagarika ibikorwa byayo."
Ibi bitangajwe mu gihe ejo hashize ku wa mbere muri Israel inama nshingamategeko yatoye itegeko ryemerera Leta guhagarika ibinyamakuru mpuzamahanga bikorera muri Isreal mu gihe haketsweko bishobora kuba bibangamiye umutekano w'igihugu.
Iryo tegeko ryatowe kubwiganzwe bwa 70% rikaba riha Minisititi w'intebe hamwe n'ushinzwe itangazamakuru ububasha bwo guhagarika ibitangazamakuru mpuzamahanga bikorera muri Isreal mu gihe biketsweko bibangamira umutekano w'igihugu.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show