English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

U Rwanda rwaje ku isonga muri Africa mu kugira umutekano usesuye.

U Rwanda rurangaje imbere ku mugabane w’Afurika mu bihugu bifite  umutekano, rufite amanota 0.85. Ni urwego rwo hejuru rugaragaza icyitegererezo ku bindi bihugu.

Mauritius na Namibia birakurikiraho, byose bifite amanota 0.75, bigaragaza umuhate w’ibyo bihugu mu guteza imbere ituze n’imiyoborere myiza.

Ibi byerekana ko amategeko n’imiyoborere myiza ari ishingiro ry’iterambere rirambye n’icyizere mu nzego z’Igihugu.

Nk’uko byatangajwe na Business insider urwanda nirwo ruyoboye ibindi bihugu muri Africa mugihe Tanzania iza kumwanya wa 10.

Dore ibihugu 10 bya Afurika bifite Umutekano n’Itangamajuriro byiza muri 2024:

1. Rwanda 0.85

2. Algeria 0.76

3. Mauritius 0.75

4. Namibia 0.75

5. Tunisia 0.72

6. Guinea 0.71

7. Ghana 0.71

8. Madagascar 0.71

9. Botswana 0.71

10. Tanzania 0.70

 



Izindi nkuru wasoma

DRC: Abantu 50 bahitanywe n’inkongi y’umuriro yibasiye Ubwato

Harry Maguire yagejeje Manchester United muri ½ cya Europa League mu mukino utazibagirana

Umugabo w’imyaka 55 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 10 i Kibeho

Icyifuzo gishya cyatanzwe ku Rwanda: Ingabo za SADC zasabye kunyura i Kigali mu rugendo rwo gutaha

Visit Rwanda: Arsenal na PSG zigiye guhurira muri 1/2



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-12-29 15:29:37 CAT
Yasuwe: 121


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/U-Rwanda-rwaje-ku-isonga-muri-Africa-mu-kugira-umutekano-usesuye.php