English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

U Rwanda rwaje ku isonga muri Africa mu kugira umutekano usesuye.

U Rwanda rurangaje imbere ku mugabane w’Afurika mu bihugu bifite  umutekano, rufite amanota 0.85. Ni urwego rwo hejuru rugaragaza icyitegererezo ku bindi bihugu.

Mauritius na Namibia birakurikiraho, byose bifite amanota 0.75, bigaragaza umuhate w’ibyo bihugu mu guteza imbere ituze n’imiyoborere myiza.

Ibi byerekana ko amategeko n’imiyoborere myiza ari ishingiro ry’iterambere rirambye n’icyizere mu nzego z’Igihugu.

Nk’uko byatangajwe na Business insider urwanda nirwo ruyoboye ibindi bihugu muri Africa mugihe Tanzania iza kumwanya wa 10.

Dore ibihugu 10 bya Afurika bifite Umutekano n’Itangamajuriro byiza muri 2024:

1. Rwanda 0.85

2. Algeria 0.76

3. Mauritius 0.75

4. Namibia 0.75

5. Tunisia 0.72

6. Guinea 0.71

7. Ghana 0.71

8. Madagascar 0.71

9. Botswana 0.71

10. Tanzania 0.70

 



Izindi nkuru wasoma

Ibyo mutamenye ku gitero Israel yagabye ku bayobozi bakuru ba Hamas muri Qatar

Ibiciro by’ibicuruzwa ku masoko y’u Rwanda bikomeje gutumbagira

Umwihariko wa Zimbabwe yasusurukije Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rya Karongi 2025

Perezida wa Mozambique ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi

Nyamasheke: Abikorera basabwe kuba urufunguzo rw’iterambere binyuze muri Kivu Beach Expo & Open Da



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-12-29 15:29:37 CAT
Yasuwe: 180


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/U-Rwanda-rwaje-ku-isonga-muri-Africa-mu-kugira-umutekano-usesuye.php