English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

U Rwanda rwaje ku isonga muri Africa mu kugira umutekano usesuye.

U Rwanda rurangaje imbere ku mugabane w’Afurika mu bihugu bifite  umutekano, rufite amanota 0.85. Ni urwego rwo hejuru rugaragaza icyitegererezo ku bindi bihugu.

Mauritius na Namibia birakurikiraho, byose bifite amanota 0.75, bigaragaza umuhate w’ibyo bihugu mu guteza imbere ituze n’imiyoborere myiza.

Ibi byerekana ko amategeko n’imiyoborere myiza ari ishingiro ry’iterambere rirambye n’icyizere mu nzego z’Igihugu.

Nk’uko byatangajwe na Business insider urwanda nirwo ruyoboye ibindi bihugu muri Africa mugihe Tanzania iza kumwanya wa 10.

Dore ibihugu 10 bya Afurika bifite Umutekano n’Itangamajuriro byiza muri 2024:

1. Rwanda 0.85

2. Algeria 0.76

3. Mauritius 0.75

4. Namibia 0.75

5. Tunisia 0.72

6. Guinea 0.71

7. Ghana 0.71

8. Madagascar 0.71

9. Botswana 0.71

10. Tanzania 0.70

 



Izindi nkuru wasoma

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE KAMUBUGA MURI GAKENKE

Abofisiye bato 1029 bahawe amapeti, Brian Kagame n'umwe muri bo”

Ingabo z’u Rwanda muri MINUSCA zohereje impano y’ubumenyi ku banyeshuri ba Lycée Buganda

Rwanda Forensic Institute igiye gufungura ishami i Rubavu

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREREYE CYUVE MURI MUSANZE



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-12-29 15:29:37 CAT
Yasuwe: 199


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/U-Rwanda-rwaje-ku-isonga-muri-Africa-mu-kugira-umutekano-usesuye.php