Ibyo Perezida Donald Trump yasubije nyuma yo kubazwa niba azababarira P Diddy
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yabajijwe niba azababarira P.Diddy uri muri gereza aho akurikiranyweho ibyaha bishobora kumugumisha mu nzu y’imbohe ubuzima bwose igihe yabihamwa.
Donald Trump rero aganira na Forbes yasobanuye ko yiteguye kubabarira umunywanyi we wo kuva kera dore ko yajyaga yitabira ibirori byategurwaga na P.Diddy.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show