English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Ibyo Perezida Donald Trump yasubije nyuma yo kubazwa niba azababarira P Diddy

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yabajijwe niba azababarira P.Diddy uri muri gereza aho akurikiranyweho ibyaha bishobora kumugumisha mu nzu y’imbohe ubuzima bwose igihe yabihamwa.

Donald Trump rero aganira na Forbes yasobanuye ko yiteguye kubabarira umunywanyi we wo kuva kera dore ko yajyaga yitabira ibirori byategurwaga na P.Diddy.



Izindi nkuru wasoma

Donald Trump yinjiye mu ntambara y’amagambo n’umuherwe Elon Musk

Ese koko birakwiye ko uwaguciye inyuma aterwa imijugujugu nk’umwanzi?

Bategereje amatike basezeranyijwe! – Amabanga ya nyuma y’abanyamahanga ba Rayon Sports

Ni nde uzahabwa urufunguzo? APR FC mu biganiro bya nyuma n’abatoza 2 bakomeye muri Afurika

Ibyo umukinnyi w’ikirangirire muri sinema Jack Chan yahishuye kuri AI yaje ashaje



Author: Nsengimana Donatien Chief Editor Published: 2025-05-31 15:13:02 CAT
Yasuwe: 63


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Ibyo-Perezida-Donald-Trump-yasubije-nyuma-yo-kubazwa-niba-azababarira-P-Diddy.php